Taarifa Rwanda yamenye ko hari ba Gitifu bane b’Imirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bandikiye ubuyobozi babumenyesha ko beguye, gusa nta mpamvu y’ubwegure bwabo turamenya kugeza ubu… Ak...
Mu Mujyi wa Muhanga hazindukiye impaka zo kumenya icyateye ubuyobozi gufungira amaduka bamwe mu bahacururiza nta nteguza bahawe. Njyanama y’Akarere yabwiye itangazamakuru ko bari kuvugana n’Umurenge n...
Uwari Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi akaba ari yari n’Umuyobozi w’ikigo RICA amakuru aravuga ko yanditse yegura ku buyobozi bwa Njyanama. Avuye kuri ubu buyobozi nyuma y’uko Minisitiri ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora, Charles Munyaneza, yabwiye itangazamakuru ko nta matora ya Visi Meya ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa remezo usimbura Merald Mpabwanamaguru yaraye ako...
Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi. Madamu Vestin...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabi...
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu witwa Dr Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko Ildephonse Kambogo atari ashoboye. Avuga ko bagiriye Kambogo inama kenshi ariko arinangira. Dr. Kaban...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...







