Nizeyimana Mugabo Olivier yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora yari asigayemo ari umukandida umwe. Yageze ku munsi w’amatora ari wenyine nyuma y’uko Rurang...
Rurangirwa Louis wamenyekanye nk’umusifuzi mpuzamahanga na Nizeyimana Olivier uyobora Mukura Victory Sports bemejwe mu buryo ntakuka, nk’abakandida ku mwanya wa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Am...

