Ibyo uko umwamikazi Rosalie Gicanda yangiwe kuba mu Bubiligi agasubizwa mu Rwanda habura igihe gito ngo Jenoside yakorewe Abatutsi itangire ndetse imuhitane byatangajwe na Minisitiri w’ubumwe bw’Abany...
Mugabo Olivier Nizeyimana wari umaze igihe gito atorewe kuyobora FERWAFA yeguye kuri uyu mwanya. Bivugwa ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mu ibaruwa Mugabo Olivier Nizeyimana yasohoye yanditse ko yeguye...
Nyuma y’uko abayoboraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda bari bayobowe na (Rtd) Brigadier General Jean Damascène Sekamana beguye, ubu abashaka kuriyobora bamenyekanye. Abo ni Louis Rurangir...
Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri ...



