Muri Leta ya Zamfara muri Nigeria haravugwa ishimutwa ry’abantu 30 bafashwe guhera ku wa Gatandatu Taliki 03, Nzeri, 2022 kugeza n’ubu hakaba ntawe uzi irengero ryabo. Polisi iri gushakisha ngo imenye...
DJ Neptune uri mu bakomeye muri Nigeria yaraye ageze mu Rwanda. Avuga ko kimwe mu bimuzanye ari umushinga atavuze izina ariko afitanye n’umuhanzi Bruce Melodie. Yageze i Kigali ahagana saa 21h30 z’i...
Abantu bataramenyekana bashimuse ababikira bane ubwo bari baciye mu muhanda w’ahitwa Okigwe-Umulolo bagana ahitwa Okigwe-Enugu muri Leta ya Imo muri Nigeria. Muri iyi nzira kandi haherutse gushimutirw...
Muri Nigeria haravugwa inkuru idasanzwe y’umusore wakoraga ivugabutumwa wishe umukunzi we akamuhamba mu nzu ye. Yari Pasiteri mu Pantekoti wakoreraga umurimo ahitwa Yenagoa. Umukobwa wishwe yitwaga Ka...
Mu gace kitwa Zamfara muri Nigeria, abantu 29 bari bavuye mu bukwe batashye bahura n’abantu babateze igico barabashimuta. Nyuma y’Ibyumweru bibiri, nibwo barekuwe abantu batakambye ariko biranga. Kuwa...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora ingabo za Mali zitwa General Oumar Diarra. We n’itsinda ayoboye bari mu Rwanda mu uruzinduk...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu Rwanda mu rwego rw’ubushakashatsi ...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
Ruger witabiriye ikiganiro n’abanyamakuru yafatanyijemo na mugenzi AV yahakanye iby’uko yaba afitanye amahari na AV, avuga ko kuba mu byamamare havugwa amahari nta kidasanzwe kirimo ariko ko hagati y...
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Nigeria witwa RUGER uherutse gukora indirimbo igaca ibintu yise Dior ari mu Rwanda akaba mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 17, Gashyantare, 2022 agiye guha abanyamak...









