Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Bwana Issoufou Mahamadou wayoboye Niger, akaba yari amaze iminsi mu Rwanda mu Nama mpuzamahanga yigaga uko ibihugu byakomeza kwita ku rusobe rw’ibinyabuzima biba ...
Haile Marriam Dessalegn wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yakiriwe na Perezida Kagame. Ari mu Rwanda mu nama mpuzamahanga imaze iminsi mike ibera mu Rwanda igamije kwiga uko urusobe rw’ibiny...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwafashe icyemezo cyo gusubiza i Arusha muri Tanzania Abanyarwanda umunani baherukaga kwimurirwa muri Niger, nyuma igategeka ko bav...
Itariki ya nyuma yageze. Abanyarwanda umunani bimuriwe muri Niger baheruka kwemererwa kuguma muri icyo gihugu mu minsi 30, mu gihe bagishakirwa ahandi berekeza. Nyamara u Rwanda rwonyine nirwo rwemeje...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga (IRMCT) rwategetse Niger gusubiza Abanyarwanda umunani ibyangombwa byabo, bakongera kwidegembya aho kubaho bafungiwe mu nzu. Ni abantu barimo abarangi...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu...
Urutonde ruherutse gusohorwa n’Ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe, rwerekanye Abakuru b’ibihugu by’Afurika babaye ibyatwa( champions) mu guteza imbere Afurika binyuze mu gushyiraho n...
Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora N...
Umutwe udasanzwe w’ingabo muri Niger waburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi, mbere y’iminsi ibiri ngo Perezida mushya Mohamed Bazoum arahirire kuyobora icyo gihugu. Umuvugizi wa Guverinoma ya Nige...
Guverinoma ya Niger yatangaje ko abantu bitwaje intwaro bishe abantu 137, mu gitero cyagabwe ku Cyumweru hafi y’umupaka wa Mali. Icyo gitero cyagabwe n’imitwe igendera ku mahame akaze yitirirwa idini ...







