Ubuyobozi bwa Côte d’Ivoire bwanzuye ko ingabo z’Ubufaransa ziva muri iki gihugu. Byavuzwe na Perezida Alassane Ouattara mu ijambo rirangiza umwaka rigatangiza undi yaraye agejeje ku baturage be. Out...
Leta ya Niger iyobowe n’igisirikare yahagaritse gahunda za radiyo BBC, mu mezi atatu kubera icyo yise ‘gukwirakwiza amakuru atari yo, ashobora guhungabanya umudendezo w’abaturage’. Ubutegetsi bwa Nige...
Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri Niger. Jeune ...
Abafata ibyemezo muri Niger batangaje ko guhera mu ntangiriro za Nzeri, 2023 igiciro cya Iranium idatunganyije icukurwa muri iki gihugu kizamutse. Cyavuye ku mafaranga y’ama CFA 4000 ku kilo (ni ukuvu...
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Niger witwa Sylvain Itté yatangaje ko hari amabwiriza yaturutse i Paris yamaze guhabwa abasirikare b’Ubufaransa yo kurwana n’ingabo za Niger nizongera kuvogera inyungu za...
Abasirikare bayoboye Niger birukanye Ambasaderi w’Ubufaransa ku butaka bw’igihugu cyabo, bamuha amasaha 48 ngo abe yarangije kubavira ahabo. Ni icyemezo kije gitsindagira ko ubutegetsi bw’aba basirika...
Evgueni Prigojine uyobora umutwe mugari w’abacanshuro b’Abarusiya bagize ikitwa Wagner yatangaje ko afite umugambi wo kwagura ibikorwa bye bikagera henshi muri Afurika. Yabitangarije muri video yacish...
*Operations zizamara iminsi 90 *Nirenga, CEDEAO niyo izajya yishyura fagitire… Amakuru avuga ko abasirikare bagera cyangwa barenga 5000 batangiye kwegera aho bazatangiriza intambara kuri Niger. Abo mu...
Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko byaba byiza kurusha uko abandi babibona haramutse hirinzwe ko Niger iterwa. Uburusiya buvuga ko ikintu cy’ingenzi kurushaho ari uko amahoro yabungwabungwa kuko iriya ...
Muri Niger ibintu biri gufata indi ntera! Abasirikare bari ku butegetsi batangaje ko igihe cyose bazamenyera ko ingabo za ECOWAS zabatangijeho intambara, bazahita bica Mohamed Bazoum baherutse kubukur...









