Mu Ntara y’i Burasirazuba mu Karere ka Ngoma hari ahantu hazwi ngo ni ku Cyasemakamba. Ni ahantu hazwi kubera ibikorwa byahakorewe hari mo n’imikino y’umupira w’amaguru. Uretse umupira w’amaguru wahak...
Nyuma y’inkuru Taarifa yanditse y’uko hari abantu bitwikiriye ijoro bagatema ikimasa akaguru bakagakuraho inyama kikicwa no kuva, hari itsinda ry’Abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda bamushumbush...
Mu Mudugudu wa Rwakayango, Akagari ka Nyamirambo, Umurenge wa Karembo mu Karere ka Ngoma hari amakuru yamenyekanye y’uko abantu bataramenyekana batemye itako ry’ikimasa cy’uwarokotse Jenoside barikura...
Umutwe wa gisirikare( ufite n’ishami rya politiki) Mouvement du 23 Mars( M23) uvuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukomeje kugirira nabi abasirikare bawo bamanitse amaboko bakemer...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana n’ingaruka za COV...
Croix Rouge y’u Rwanda ikomeje kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’abaturage, aho igiye gutanga 150.000 Frw ku miryango yatoranyijwe ngo ishyire mu bikorwa imishinga yahisemo, aherekezwa na 30.000 ...
Abafite ababo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi batuye mu Karere ka Ngoma n’ahandi mu Rwanda bari i Rukumberi mu gikorwa cyo gushyingura imibiri 2 500 yabonywe hirya no hino muri kariya gace guhera mu...
Sophany Gicondo ni murumuna wa Prof Thomas Kigabo, bombi bitabye Imana mu bihe bitandukanye. Umwe mubo Gicondo yigishije ubugenge mu mashuri yisumbuye witwa Alphonse Rutarindwa yabwiye Taarifa ko ata...
Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro IPRC NGOMA riherereye mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma, ryatashye ku mugaragaro inyubako zirimo izizakoreramo abayobozi, zuzuye zitwaye miliyari 1,3 Frw...








