Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko ibikorwa Polisi n’ingabo z’u Rwanda bafatanyemo abaturage biri mu bituma ubukungu bw’u Rwanda buzamuk...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubuzima n’urugaga rw’abaganga bavura amaso, abaganga bavura amaso babaze abaturage 64 bari barwaye ishaza. Kubabaga byakorewe ku bitaro Bikuru bya Kibungo bikaba byari ig...
Mu Murenge wa Mutenderi mu Karere ka Ngoma haravugwa umupasiteri ubatiriza abantu mu kidendezi kiri hafi y’umuhanda ahantu bamwe bemeza ko hashobora gutera abantu indwara. Pasiteri Yeretana Ernest niw...
Byemezwa na bamwe mu bagabo bo mu Kagari ka Akabungo, Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda. Babwiye itangazamakuru ko inkoni bakubitwa n’abagore babo ari zo zituma bahun...
Ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukwakira 2023, Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Ngoma, bahagaritse by’agateganyo Mutembe Tom, wari usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka Karere. Uyu yar...
Ibya M23 n’abo bahanganye biri gufata intera ndende uko iminsi ihita. Nk’ubu abarwanyi b’uyu mutwe batangarije kuri X ko hari intwaro zikomeye baherutse kwaka ingabo za DRC zifatanyije n’abitwa Wazale...
Abagenzacyaha bafatiye mu cyuho RIB yafatiye mu cyuho Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma ndetse n’Umuyobozi ushinzwe Ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri aka Karere bari kwakira ruswa...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu rwego rwo kugabanya ibyago by’uko abatwara amagare bahura n’impanuka zitewe n’uko bwije, nta gare rigomba kuba rikiri mu muhanda guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Kub...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma bwikomye abaturage bo mu Kagari ka Gahima basesera mu buvumo bise ‘Gabanyifiriti’ bakajya gusengeramo. Jean Claude Singirankabo uyobora uyu Murenge ...









