Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye mu muhango wo...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ishimira abikorera ku giti cyabo kubera umusanzu batanze kandi bagitanga mu kurwanya indwara na COVID-19 by’umwihariko. Dr. Ngir...
Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye muri iki gihe bishobora ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente ari muri Qatar aho azitabira inama ya gatnu y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ngamba zo kurwanya ubukene. Ni inama izibanda ku ngamba zafatwa mu kugabanya umubare w’abak...
Ubwo yatahaga k’umugaragaro inyubako nshya ya Banki ya I&M, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye uruhare Banki muri rusange zagize mu guteza imbere ubukungu ariko cyane cyane mu kugu...
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yaraye asinyanye na mugenzi we wo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu amasezerano yo kongera ubufatanye hagati ya Kigali na Abu Dhabi. Ibiro bya Minisi...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere Ebonee yabereye i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko u Rwanda rwahisemo kwifashisha i...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
Mu Murenge wa Mukarange Akarere ka Kayonza bavuga ko abahacukura amabuye y’agaciro babikora batitaye mu kubungabunga ibidukikije bakabangiriza imirima. Bavuga ko iyo mirimo ituma barumbya kubera ko im...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente ubwo yatangizaga Icyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yavuze ko u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi igisigaye ari uko acukurwa ...









