Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uruhare rw’abize Imyuga na Tekiniki rudashidikanywaho. Yabivugiye mu muhango wo kwakira impamyabumenyi zahawe abize imyuga na Tekiniki bara...
Mukabunani Christine umwe mu badepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yabajije Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente niba nta buryo abana b’abahanga mu ikoranabuhanga bakora ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye Inteko Rusange y’Abadepite n’Abasenateri uko uburezi mu Rwanda bwateye imbere. Yavuze ko muri rusange bwateye imbere n’ubwo hari ibitaranoga. Mur...
Nyuma yo kwitabira umuhango wo kurahira wa Bassirou Diomaye Faye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yamugejejeho ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame. Ni ubut...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uri buhagararire Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Senegal Bassirou Diomaye Faye. Faye ararahira kuri uyu wa Kabiri mu muhango uri bu...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko mu rwego rwo gufasha urubyiruko rw’u Rwanda gukora ubuhinzi bugamije isoko kandi bwihagije mu biribwa, Guverinoma yashyizeho ingamba zo kuburinda ib...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abaje gusezera kuri Perezida Hage Geingob wayoboraga Namibia akaba aherutse gutabaruka ko u Rwanda ruzakomeza kuzirikana akamaro yagiriye Afurika. Iri ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwa nyuma ya COVID-19 bwihagazeho. Imibare yahaye abagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, igaragaza ko guhera mu mwaka w...
Dr. Edouard Ngirente niwe wahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwibuka no kunamira intwari zabohoye u Rwanda, uyu muhango ukaba uba buri taliki 01, Gashyantare, buri mwaka. Ni umuhango kand...
Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi. Iyo mibar...









