Mu Bugesera hagiye kubakwa uruganda rutunganya impu rwitezweho kuzajya rwinjiriza igihugu Miliyoni $430, ni ukuvuga Miliyari Frw 600 mu gihe cy’umwaka. Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uh...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu. Mu Gushyingo 20...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yabwiye abapolisi bari bamaze umwaka urenga batorezwa kuba ofisiye ko badashinzwe umutekano gusa, ahubwo bagomba no kugira uruhare mu iterambere ry’Abanyarwand...
Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...
Ba rwiyemezamirimo batanu bakoze imishinga myiza yahataniraga ibihembo byo muri Hanga Pitchfest 2024 bahembwe miliyoni Frw 110, bibera mu muhango wari uyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard ...
Ahanini Kaminuza si amasomo ahabwa abanyeshuri mu ishuri ahubwo ni ubumenyi bakura mu bitabo no mu nzu z’ubushakashatsi. Niyo mpamvu Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente asaba izo mu Rwanda guha ub...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye ababwiye abayobozi b’amadini n’abayoboke bayo bari baje mu gitaramo cya Rwanda Shima Imana ko bakwiye guharanira ko ubuzima bwabo bayobora butajya mu ka...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yashimiye abanyeshuri barangije muri Kaminuza nyarwanda yigisha ubuhinzi bwa kijyambere, RICA, kuba barize neza, abasaba kuzaba ba agoronome bakunda u Rwanda. ...









