Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Kagame avuga ko Ngirente yakoze akazi keza mu myaka yari amaze agakora, akemeza ko bakoranye neza kugeza n’ubwo batebyaga ngo ashingiye ku izina rye rya Ngirente, akamubwira ko adakwiye kwibaza icyo y...
Dr. Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani ari Minisitiri w’Intebe muri Guverionoma y’u Rwanda yasimbuwe; ashimira Perezida Kagame wamugiriye icyizere mu gihe yari amaze ayoboye abandi ba Minisiti...
Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda asanga kugira ngo Afurika yongere amashanyarazi ikenera, ikwiye gufatanya mu kubyaza umusaruro akomoka ku ngufu zisubira harimo iza nikileyeri, izuba n’u...
Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Mu mwaka wa 2018 Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko rigena umushaharafatizo. Intego yari iyo gufasha abakozi bahembwa umushahara muto kubona uwabafasha guhangana n’uko ibic...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko uruhare Ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu ndege, Rwandair, cyagize mu guhuza ibihugu bya Afurika ari urwo gushimwa. Yabivugiye mu kiganiro ...
Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Mu mboni ze, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente asanga Abanyarwanda bose barigishijwe kubana neza kandi babyumva batyo. Ni imwe mu ngingo ikubiye mu kiganiro yaraye ahaye abaturage bo mu Karere ...









