Richard Nick Ngendahayo iri mu bahanzi bamamaye kurusha abandi mu baririmba izihimbaza Imana yasohoye indirimbo yise ‘Amenya’, ikabanziriza igitaramo ateganya vuba mu mpeshyi iza. Iyo ndirimbo izajya ...
Richard Nick Ngendahayo umwe mu bahanzi baririmbye kandi bagakundirwa kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu myaka yaza 2000 ariko akaza kubihagarika, avuga ko yagarutse ngo akomereza muri uwo mujyo. ...

