Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa mu Buhinde n’ahandi bwageze mu Rwan...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba gukingir...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba gukingir...
Byemejwe na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda. Ivuga ko ibizahinduka ku mabwiriza ko kwirinda COVID-19. Bizaganirwaho hamaze gukingirwa nibura 60% by’Abanyarwanda. Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisit...
Ahagana saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 17, Mutarama, 2021 Inama y’Abamanisitiri yatangaje ko yemeje ko abatuye Umujyi wa Kigali baguma mu ngo zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof ...
Tariki 14, Ukuboza, 2020 u Bwongereza bwamenyesheje Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ko bwatewe n’icyorezo gishya cya COVID-19. Bwavuze ko bwasanze cyandura vuba kurusha ...





