Mu myaka ya 2002 kuzamura nibwo u Rwanda rwatangiye urugamba rweruye rwo kurwana na malaria none rurashimirwa ko rugeze kure ruyihashya. Abayobozi muri RBC baraye bitabiriye Inama Nyafurika mu kurwany...
Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imikoreshereze y’ingingo z’umuntu, tisi n’uturemangingo. ‘Ingingo’ ni igice runaka mu bigize umubiri w’um...
Abavuye Hanze Binjira Mu Rwanda Bazajya Bishyura Frw 30000 Yo Kwipimisha COVID Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko abantu bazava hanze baje mu Rwanda bazajya bapimwa COVID -19 bi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...
Guverinoma ya Israel iherutse guterana yibaza niba abatuye Isi batagombye kubanza gutekereza kabiri mbere yo gukingiza abaturage babo urukingo rwa Pfizer-BioNTech. Ni igitekezo cyazamuwe nyuma yo kubo...
Nyuma y’igihe u Rwanda rwifashisha inkingo za Pfizer-BioNTech na AstraZeneca mu gukingira COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko rwamaze no gutumiza iza Johnson & Johnson. Izi nkingo...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare mu gitondo...
Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya muryango w’Aba...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama, Akarere ka Kire...









