Umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda witwa Nel Ngabo avuga ko kuva umwaka wa 2024 watangira yakoranye na bagenzi be indirimbo nziza kandi ko ibyo ari ibyo kwishimirwa. Nk’ubu aherutse gukorana na DJ Tox...
Ngabo Karegeya uyobora ikigo Ibere rya Bigogwe Tourism Company Ltd (IBTC) yabwiye Taarifa ko mu mishinga iki kigo gifite harimo no kubaka ikigo ndangamurage cy’amateka y’inka mu Rwanda. Karegeya ni um...
Uyu musore ntaramara igihe kinini mu muziki w’Abanyarwanda b’ubu ariko uko bigaragara arakunzwe. Afite ijwi ryiza kandi n’interuro zigize indirimbo ze zumvikanisha ko ziba zikozwe neza n’ubwo hari bam...


