Prof. Jean Chrysostome Ngabitsinze wigeze kuba Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi yemejwe ko aba Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye, UN. Yatorewe kandi kuba P...
Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’intebe, Aurore Mimosa Munyangaju wari ushinzwe Minisiteri ya siporo na Dr.Jean Chrysostome Ngabitsinze wari ushinzwe ubucuruzi n’ingand...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Dr. Chysostome Ngabitsinze yashyiriye Komisiyo y’amatora inyandiko ikuyemo abakandida ba PSD mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere. Ngabitsinze...
Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Dr. Jean Chysostome Ngabitsinzi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko hari inganda u Rwanda rushaka kwegurira abikorera ku giti cyabo. Iz’ibanze Ngabitsinze avuga ko ba...
Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’ikigo cyo muri Maroc, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prof Jean Chyrsostome Ngabitsinze yatashye uruganda rukora ifumbire ingana na toni 100,000 ku mwaka. Rwubatswe...
Ubucuruzi iki gihugu cyashoye mu Rwanda bufite agaciro ka miliyoni $500 mu myaka ine ni ukuvuga angana na Frw 624.594.500.000. Iyi mibare yatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Dr Ngabitsinze...
Minisitiri Jean-Chrysostome Ngabitsinze ushinzwe ubucuruzi mu Rwanda avuga ko kugira ngo igihugu gitere imbere mu buryo burambye ari ngombwa ko kigira inganda zikora byinshi. Icyo gihugu gikenera bike...
U Rwanda rufite intego yo kubaka ‘ibigega byinshi’ byo kuzahunikamo ibigori kugira ngo rwizigamire ibinyampeke ruzitabaza mu gihe cy’amage. Hagati aho, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivu...
Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba abasore n’inkum...









