Mu buryo butunguranye, iteganyagihe rya Israel ryatumye ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu buzisaba kuba ziretse gutangiza ibitero simusiga kuri Gaza, hirindwa imbogamizi zakururwa imvura nyinshi. N’ubw...
Bisa n’aho ari imibare yabazwe kare kubera ko umunsi Hamas yatereyemo Israel(iyitunguye) ari nawo Israel yinjiriye muri Gaza ikoresheje ibifaro byayo. Icyo gihe hari ku wa Gatandatu taliki 07, Ukwakir...
Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero muri Gaza birimo n’icyo zagabye kuri nyubako ndende bivugwa ko yakoreragamo radio y’umutwe wa Hamas. Bibaye nyuma y’ibitero bya roquettes Hamas yatangiye k...
Nyuma y’igihe gito yari amaze mu bitaro kubera ikibazo cyo kumva atameze neza ndetse akumva arwaye isereri, Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yatashye. Abakora mu Biro bye batang...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ajyanywe mu bitaro byitwa Sheba Medical Center biri i Ramat Gan hafi y’Umujyi wa Tel Aviv. Abakora mu Biro bye batangaza ko yagize ikibazo cyo ...
Ze’ev Raz ni umuturage wa Israel wigezwe kuba umupilote w’umuhanga mu ngabo za kiriya gihugu. Yavuze amagambo yo gusaba ko Minisitiri w’Intebe ya Israel Benyamini Netanyahu yicanwa n’Abaminisiti...
Israel ifite agahinda n’umujinya yatewe n’uko umuntu ukora iterabwoba yiciye abantu barindwi mu isinagogi ubwo bari bagiye gusenga basabira Abayahudi bazize Jenoside yabakorewe mu gihe cy’Abanazi. Ni ...
Aritegura kongera kuyobora Israel nyuma yo gutsinda amatora mu Nteko ishinga amategeko. Benjamin Netanyahu ni umwe mu banyapolitiki bakomeye Israel yagize kandi izagira mu bihe byose. Mu mwaka wa 2014...
Ishyaka ryari risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel riyobowe na Benyamini Netanyahu ryatsinze amatora y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Bivuze ko Netanyahu ari we ugiye ko...
Israel iri mu bihugu bifite ubukungu n’ikoranabuhanga ibihugu byinshi by’Afurika bicyeneye ngo byiteze imbere. N’ubwo ari uko bimeze ariko, ubusabe bwayo bwo kuba Umunyaryango w’indorerezi mu Muryango...









