Ikigo gishinzwe guharanira uburenganzira bw’impunzi cyo muri Norway kitwa Norwegian Refugee Council kivuga ko hari amakamyo 2,000 apakiye inkunga igenewe abahungiye muri Gaza yangiwe kwinjira mu nkamb...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko ingabo ze zizagaba igitero ahitwa Rafah kugira ngo zirimbure burundu abarwanyi ba Hamas bivugwa ko ari ho basigaye baragize ibirindiro. Avug...
Mu mpera z’Icyumweru gishize ku isi habaye byinshi ariko icyari gikurikiwe n’amahanga ni intambara isa niyatangiye hagati ya Israel na Iran. Nyuma y’ibitero Iran yagabye kuri Israel, nayo irashaka kwi...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja. Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura k...
Ni umwe mu miti irambye iri kuganirirwaho i Munich mu Budage hagati y’abadipolomate ba Israel, Palestine, Amerika n’ibihugu by’Abarabu. Ibiganiro ku ugushyiraho Leta ya Palestine yigenga kandi iturany...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko uko bizagenda kose n’icyo bizasaba cyose Israel izagitanga cyangwa ikagikora kugeza ubwo iciye intege burundu Hamas. Avuga ko icyo Israel ig...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko igihugu cye kizarwana na Hamas niyo ibindi bihugu byose harimo n’Amerika bitayishyigikira. Netanyahu yavuze ko bazarwana na Hamas kugeza ku ...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri ...
Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye aganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu bemeranya Israel igomba gutera Hamas iyisanze muri Gaza. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi kubera k...
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege ya Tel Aviv muri Israel akakirwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu, Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko abantu barashe mu bitaro ibisasu bikica abana bar...









