Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, U...
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaz...
Inteko ishinga amategeko ya Israel yemeje ku bwiganze busesuye umushinga wa Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu wo gutuza abaturage benshi mu bitwa bya Golan, igice cyari gisigaye ari icya Syria. ...
Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia. Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Ha...
Hezbollah yaraye irasiye muri Lebanon igisasu cya missile ku nyubako ya Minisitiri w’Intebe iri ahitwa Caesarea. Icyakora ngo izo missile zamuhushije kuko zasanze atayirimo. Kuba byabaye ubwabyo ni ik...
Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma. Abivuze nyuma y’igihe...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ababwiye abagize Inteko ishinga amategeko ya Amerika, Imitwe yombi, ko igihugu cyabo kidakwiye kwirara ngo kibagirwe ko Iran ari umwanzi wacyo ...
Uretse intambara muri Gaza Netanyahu ari kurwana, ku rundi ruhande agiye no guhangana n’Abayahudi bagendera ku mahame akaze badashaka kujya mu gisirikare nk’uko biherutse kuba itegeko. Iri...
Mu kiganirompaka abakandida baharanira kuziyamamariza kuyobora Amerika baraye bagiriye kuri CNN, Donald Trump yagaragaye nk’urusha Biden ndetse bamwe bavuze ko Joe atitwaye neza muri rusange. Ku rundi...
Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss n’abandi bakora muri Ambasade ayoboye kwizihiza imyaka 76 Israel imaze yigenga. Iki gihugu cyabonye ubwigenge mu mwaka...









