Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Abayobozi bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi bamaganye amashusho bise ko ari ay’agashinyaguro yatangajwe na Hamas yerekana bamwe mu mbohe yatwaye bunyago ‘barazingamye kubera inzara’. Ayo mashus...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Urwego rwa Israel rushinzwe umutekano imbere mu gihugu rwitwa Shin Bet rwafashe umugore ukekwaho gushaka kwica Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu. Uwo mugore avugwaho u...
Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora ...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 12, Kamena, 2025 ingabo za Israel zirwanira mu kirere zagabye ibitero kuri Iran byibasiye ahantu hasanzwe hatunganyirizwa gahunda zo gukora ibisasu bya kirimbuzi. ...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yatangaje ko igihugu cye cyatangije intambara kandi ikomeye kuri Hamas nyuma yo kuyingingira kurekura abantu bayo yanyaze ikabyanga. Yaraye abwiye abatura...
Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...
Nyuma yo gusuzuma neza, igisirikare cya Israel cyasanze umwe mu mirambo Hamas yahaye iki gihugu y’abantu yari yaratwaye bunyago atari uw’umuturage wayo. Uwo murambo batuburiye Israel ni uw...
Perezida Donald Trump yatangaje ko hari umugambi i Washington bafite wo gufata Gaza bakayihindura ahantu habo, bakahateza imbere, Abanyapalestine bagashakirwa ahandi batuzwa mu Misiri no muri Jordan. ...









