Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana...
Mu Murwa mukuru wa Nepal, Kathmandu, hari imiborogo nyuma y’urupfu rw’abantu 143 bishwe n’umutingito ukomeye wabatunguye baryamye. Abahanga bapimye basanga wari ufite igipimo cya Richter cya 5.6 ndets...
Imibare yatangajwe n’ubuyobozi bw’i Kathmandu, umurwa mukuru wa Nepal, avuga ko abantu 67 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yari irimo abantu 72. Ubuyobozi bwabwiye AFP ko hari ...
Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal. Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara ha...



