Perezida w’u Rwanda akaba yari ayoboye Ishami ry’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambera, AUDA-NEPAD, yaraye acyebuye ibihugu bikigenda biguru ntege mu gutanga umusanzu wo gushyira mu bikorwa imishi...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane Taliki 28, Nyakanga, 2022 yitabiriye, mu buryo bw’ikoranabuhanga, Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’Afurika igamije gusuzuma uko imiyoborere muri buri gihugu cy’Umurya...
Ibyavuye mu matora yabaye ku wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 byerekana ko Perezida Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora Ishami ry’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambere ryawo ndetse no kub...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Ihuriro NEPAD ryerekanye ibishoboka mu guteza imbere Afurika. Ubu butumwa bukubiye mu ijambo yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 2...



