Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riyobora Uburundi, Révérien Ndikuriyo yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwibaza k’ubufatanye ingabo z’Uburundi zagirana na FDLR kuko ngo ibya DRC ifasha uyu mutwe b...
Ishyaka iri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, riherutse gutangaza ko buri rugo rugomba gutera ibiti 10 by’avoka kugira ngo nizera zizabe isoko y’amadovize mu gihugu. Ni umwe mu mivuno CNDD-FDD ivuga ...
Mu Burundi haravugwa inkuru y’amakamyo ane yuzuye imihoro yatumijwe mu Bushinwa ngo ihabwe Imbonerakure zizayikoreshe zirwanya abanzi b’igihugu ‘babaye benshi’. Umuvugizi w’ishyaka riri ku butegetsi R...



