Umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga witwa Sandrine Maziyateke avuga ko hari umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rutiyumvamo kuba Abanyarwanda ahubwo rwiy...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera amahugurwa yagenewe abarinzi b’igihango, agamije kubongerera ubumenyi mu kuyobora ibiganiro kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Yatangijwe na Madamu Séraphine Mukantabana ...

