Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu igice kimwe cy’Ikigo nderabuzima cya Musambira cyafashwe n’inkongi ku buryo igice kiinini cyakongotse. Ku bw’amahirwe, Polisi yatabaye izimya hatarangirika byinshi. I...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World Mission gikora imirimo y’...

