Mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, Perezida Kagame yavuze ko ubwo yahamagaraga Perezida w’Uburundi amubaza iby’amakuru y’uko hari ingabo z’Uburundi zarimo zitegurwa kujya muri DRC gufasha FARDC na FDLR...
Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Salva Kiir Mayardit ari i Burundi mu ruzinduko rw’akazi aho azava agana i Kinshasa guhura na Perezida Tshiseke...
Perezida Cyril Ramaphosa, Felix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye bahuye baganira uko barushaho gukorana mu kurwana na M23. Ndayishimiye aherutse kubwira Abarundi ko ari ngombwa gukorana na DRC kuko...
Ntibisanzwe ko Perezida Ndayishimiye avugurura inzego z’igisirikare n’ubutasi mu munsi umwe ariko nk’uko bigaragara mu iteka yashyizeho umukono, ku wa 6, Gashyantare, 2024, ubutegetsi bwafashe umwanz...
Guverinoma y’u Rwanda yatangarije amahanga ko yamaganye kandi isaba n’amahanga kubigenza gutyo, ikamagana amagambo ivuga ko[Guverinoma] ahembera amacakubiri mu Banyarwanda akaba aherutse kuvugwa na P...
Umukuru wa DRC uherutse kurahirira kongera kuyobora iki gihugu Felix Tshisekedi yaraye yakiriye iwe mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ku rubuga wa X rw’Ibiro by’Umukuru w’Uburundi ...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yabwiye abanyeshuri ba Kaminuza zo muri DRC ko azafatanya na Felix Tshisekedi mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda mu cyo yise ‘kubohora urubyiruko rwagizwe i...
Amafoto ari kuri X arerekana Perezida Evariste Ndayishimiye yururuka mu ndege yanditseho République Gabonaise, isanzwe ari iya Perezida w’iki gihugu. Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Libreville, Pe...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...









