Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Kristalina Georgieva usanzwe uyobora Ikigega Mpuzamahanga cy’imari, IMF, azasura u Rwanda mu mpera za Mutarama, 2023. Amakuru Taarifa yakuye ahantu hizewe avuga ko uruzinduko rwe ruzaba hagati y’Itali...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko igiye gufatanya n’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga mu kongera ikoranabuhanga mu nzego za Leta zitandukanye. Ni umushinga uzashorwamo ...
Guverinoma y’u Rwanda yamaze kwemeranya n’Umuryango w’Abibumbye ko mu Rwanda hazubakwa icyicaro cyawo kizakoreramo imiryango yose iwushamikiyeho. Ni imwe mu ngingo zagarutsweho mu biganiro byahurije h...
Nyuma y’uko Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge agejeje ku Nteko rusange y’Abadepite ibisobanuro mu magambo by’ibibazo biri mu miryango, Depite Léonald Ndagiji...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Ukwakira, 2022 Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasinyanye n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni $ 310 azafasha u Rwanda kubaka ubukungu b...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari bwazamutse ku kigero cya 7.5%. Impamvu yabiteye ni uko urwego rwa serivisi n’urwego rw’inga...
Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba kuba ari inzu zidahenze k’uburyo Umunyarwanda uf...
Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga 19.5% ari ...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bit...









