Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye abahinzi b’Abanyarwanda ko kwigira kuri bagenzi...
Roben Atoyan ukora mu buyobozi bukuru bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, yabwiye Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ko bashima uko u Rwanda rukoresha inkunga ruterwa. Hari mu nama yaraye ihu...
Perezida Kagame yabwiye abanyamakuru ko atari ngombwa ko abantu batakaza umwanya ku ntambara Ukraine ihanganyemo n’Uburusiya kurusha uko bakora ngo babonere ibisubizo ingaruka iyi ntambara iteza abatu...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko igenamigambi ritaganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% mu mwaka wa 2023. Biteganyijwe ...
Amakuru yari amaze iminsi avugwa y’uko Equity Bank igiye kugura COGEBANQUE yabaye impamo. Ubuyobozi bw’iyi Banki bwatangaje ko bwamaze kugura 90% by’imigabane yose yari isanzwe iri muri COGEBANQUE. Eq...
Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego rwo gukomeza kurufasha kwigobo...
Ingengo y’imari u Rwanda ruteganya kuzageraho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024 ni Miliyari 5,030, ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 265.3 ingana na 6% ugereranyije n’iy’umwaka wa 2022/2023. ...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...
Bisa n’aho bitumvikana ukuntu Minisiteri y’imari n’igenamigambi ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare batangaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse muri rusange ndetse n’ubuhinzi bukazamuka...
Mu Karere ka Rubavu hamaze iminsi ibiri hateraniye inama nyungurabitekerezo yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo mu iterambere. Guverinoma yasabye abafatanyabikorwa bayo ku...









