BK Group iratangaza ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yazamuye urwunguko rwa Banki ya Kigali ho Miliyari Frw 47.8. Ubuyobozi bw’iyi banki buvuga ko ibi ari ibyo kwishimira kuko uru rwunguko rw...
Dr.Uzziel Ndagijimana wahoze ari Minisitiri w’imari n’igenamigambi yaraye atangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Banki ya Kigali nyuma yo guhererekanya ububasha na Béatha Habyarimana. Kuri uyu ...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwatangaje ko Dr. Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mukuru w’iyi Banki. Ni umwanya asimbuye Beatha Habyarimana wari uherutse kwegura ku mirimo muri iyi Banki ya mbere ...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana, mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, yashyize umukono ku masezerano ya miliyoni $200 u Rwanda ruzahabwa na Banki Nyafurika itsura Amajyambere...
Nyuma yo kubona ko hari amafaranga menshi igihugu cyakoresheje muri Mutarama, 2024 yari yarateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2023/2024, byabaye ngombwa ko Minisiteri y’imari n’igenamigambi yongeraho an...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Nk’uko byagaragariye buri wese, umwaka wa 2023 wabaye uw’izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa muri rusange. Icyakora urangiye biri kugabanuka kandi ibi niko bimeze no kubikomoka kuri petelori. Inzego nyinsh...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi, MINECOFIN, yatangaje ko yigije imbere italiki abo bireba bazishyuriraho umusoro ku bukode, umusoro ku nzu n’umusoro ku butaka. Itangazo ryayo rivuga ko iyo taliki 29...
Mu gihe gito kiri imbere Guverinoma y’u Rwanda izabona imbangukiragutabara 180 zizaza kuziba icyuho cyaterwaga n’ubuke bw’izi modoka z’ingirakamaro. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagij...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...









