Friedrich Merz niwe watorewe kuyobora Ubudage mu matora yabonyemo amajwi 28.6%, akaba ayoboye Ishyaka rya Gikirisutu ryitwa CDU/CSU. Yatangaje ko igihe kigeze ngo Ubudage bukorane n’abandi Banya...
Umwe mu bakozi bo mu Biro by’Umukuru w’igihugu cya USA yabwiye The Bloomberg ko Perezida Joe Biden ateganya gutangaza k’umugaragaro ko igihugu cye cyemeje ko ubwicanyi bwakorewe Abanya Arménie(hagati ...
Igisirikare cy’u Burusiya cyohereje abasirikare bacyo barwanira mu mazi mu Nyanja y’Umukara aho bwiteguye intambara bibaye ngombwa, bukayirwana na Ukraine ifatanyije n’inshuti zayo zo muri NATO/OTAN. ...


