Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 Corneille Nangaa avuga hari abasirikare 7,400 bahunze igisirikare cya DRC bihuza n’umutwe ayoboye. Nangaa avuga ko hari abandi bashaka kugana igisirikare ayoboye bakaza...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 31, Mutarama, 2025 inzego za Leta ya Congo zatangaje ko umutungo bwite wose wa Corneille Nangaa washyizwe mu mutungo w’igihugu aho waba uri hose. Uyu mugabo asanzwe ar...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’...
Inteko iburanisha urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwapfundiwe, rukazasomwa taliki 13, Nzeri, 2024. Urubanza rupfundikirwa iyo inteko iburanisha yanz...
Major Kiconco Tabaro wo mu ngabo za Uganda akaba asanzwe akora mu ishami ry’itumanaho avuga ko imirwano iherutse kubera mu Mujyi wa Ishasha igihugu cye kigabaniraho na DRC yatumye abapolisi 100 b’iki...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabiwe igihano cy’urupfu abantu 25 mu bantu 26 igihano cy’urupfu ku byaha bubarega birimo no kugambanira igihugu. Ukomeye muri b...
Abantu babiri muri batanu baraye bagejejwe imbere y’urukiko ngo bisobanure ku byo ubushinjacyaha bubarega byo kugambanira igihugu, babwiye urukiko rwa gisikare muri DRC ko bahisemo gushinga umutwe wa ...
Eric Nkuba Shebandu w’imyaka 52 y’amavuko ku wa Gatatu taliki 05, Mata, 2024 yeretswe itangazamakuru rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’ifatwa rye ryabaye muri Mutarama, uyu...
Kuri X hari video nto igaragaza Corneille Nangaa ari kumwe na Bertrand Bisimwa na Gen Makenga Sultan baganira n’abandi basirikare bakuru. Yahise afata ijambo abwira abaturage bose ba Repubulika ya Dem...








