Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi mu murya...
Ikipe ya Cricket ya Kenya n’iya Namibia ni zo zatsindiye kugera ku mukino wa nyuma, mu irushanwa ryo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kamena 2021 hakome...
Ikipe ya NIGERIA niyo yatsinze imaze guhitamo gutangira itera udupira mu rwego rwo gushaka kubuza U Rwanda gutsinda amanota menshi. N’ubwo ari uko bimeze ariko, u Rwanda rwaje kuyigora mu gice cya mb...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Kamena, 2021 umukino wa mbere watangiye saa tatu n’igice za mu gitondo uhuza Kenya na Nigeria. Ikipe ya Nigeria niyo yawutsinze. Yatangiye yahisemo gukina ikubita udupir...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Budage Heiko Maas yatangaje ko icyo gihugu cyateje ububabare ndengakamere abaturage bo mu bwoko bwa Herero na Nama muri Namibia y’ubu, muri jenoside yakozwe mu gih...
Ibisigaramatongo bihora binyomozanya ku hantu ha mbere muntu yaba yaratuye. Ibiherutse kuvumburwa mu butayu buri Afurika y’Epfo ahitwa Wonderwerk bwerekana ko muri buriya butayu ari ho ha vuba umuntu ...





