I Nairobi, kuri uyu wa Gatanu, abagaba b’ingabo z’ibihugu bya EAC barangije Inama baganira ku miterere y’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, bafata i...
Kuri uyu wa Kabiri urubyiruko rwo muri Kenya rwagarutse mu mihanda gusaba ko Perezida William Ruto yegura. Nubwo ntako atari yagize ngo acubye uburakari bwarwo, bisa n’aho ibyo yakoze bidahagije mu ma...
Itangazo ryasohowe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo Salva Kirr rivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi bemeranyije ko kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Karere k’...
Bertrand Bisimwa uyobora M23 mu rwego rwa Politiki yaraye ababwiye itangazamakuru rya DRC n’itangazamakuru mpuzamahanga ko niba ubutegetsi bwa DRC butemeye ko habaho ibiganiro ngo ibintu bikemurwe mu ...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...
Taliki 09, Gashyantare, 2023 i Nairobi ‘hongeye kubera’ inama yahuje Abagaba bakuru b’ingabo zigize umutwe w’Afurika y’i Burasirazuba woherejwe muri DRC ngo bigire hamwe uko zakomeza kohoherezwa. Mu m...
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre. Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bish...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo Nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, Dr. Agnes Kalibata avuga ko intambwe Afurika igezeho mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi ishimishije. Yabivugiye ...
Amakuru aturuka i Nairobi avuga ko abarwanyi bari mu biganiro na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri kubera i Nairobi muri Kenya barasaba ko bahabwa imbabazi na Leta ku byaha bakoze k...
Mu masaha ya kare kuri uyu wa Mbere Taliki 28, Ugushyingo, 2022, muri Kenya harabera ibiganiro byitabirwa n’Abakuru b’ibihugu bya EAC ndetse n’imitwe y’inyeshyamba igera kuri 15 ariko M23 yo ntiyah...








