Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi ...
Brig Gen Felix Kulayigye uvugira ingabo za Uganda avuga ko ibikubiye muri raporo ishinja igihugu cye gukorana na M23 ari ibinyoma. Iyo raporo yakozwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye. Ni raporo bise...
Hashize igihe gito Gen Muhoozi Kainerugaba ageze mu Rwanda. Yaje aherukejwe na Andrew Mwenda nk’uko umunyamakuru uri mu bakomeye muri Uganda witwa Canaru Mugume ukorera NBS yabishyize kuri Twitter . U...


