Inzego zishinzwe uburezi mu Rwanda zifatanyije n’Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho, Airtel- Rwanda na Kaminuza Nyafurika yigisha imibare( Ishami ry’u Rwanda) zatangije uburyo bwo gushimira mwarimu ku...
Mu kiganiro kirambuye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye agejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, yavuze ko kimwe mu bintu Leta igiye guha mwarimu harimo kongera 10% ku mu...

