Uwigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) muri Rusizi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga bose akabatera inda. Mwarimu yari yabanje guhagarika akazi ku mpamvu zitazwi. Ifu...
Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwanzuye ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri akwiye gukurikiranwa afunzwe. Ni igifungo cy’agateganyo mbere y’uko urubanza arwegwamo rujya mu mizi. Bimwe mu bivug...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero haravugwa inkuru y’umwarimu ufunganywe n’abantu batanu, akurikirakiranyweho kwica uwo babyaranye wamusabaga indezo. Ubugenzacyaha bwatangaje ko bwabafunze m...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Banki Nyarwanda y’iterambere, BRD, yasinyanye amasezerano na Umwarimu SACCO yo kuzafasha abarimu gutunga inzu zabo binyuze mu cyo bise ‘Gira Iwawe’. Hari hasanzwe gahunda yo gutanga inguzanyo ifasha a...
Vladmir Yann Bajeneza na bagenzi be bahurije mu cyo bise Tek Afrika Ltd bateguye ikoranabuhanga rikoresha uburyo bise School Box avuga ko bakoze uriya mushinga nyuma yo kubona ko hari ababyeyi bahora ...
Hari raporo iherutse gusohorwa n’ihuriro ry’abarimu bo muri Zimbabwe ivuga ko bagenzi babo boherejwe mu Rwanda ngo bafashe mu kwigisha Icyongereza babayeho nabi. Hashize amezi abiri itsinda rya mbere...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona ayo m...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente amaze gutangariza Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, imitwe yombi, ko Guverinoma yamaze guteganya Miliyari Frw 5 zo gushyira mu kigega giha abarimu inguzanyo ...
Kaminuza mpuzamahanga yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences, Ishami ry’u Rwanda yahembye abarimu bigisha imibare n’izindi science babaye indashyikirwa batoranyijwe mu ...









