Uyu mugabo uri mu bashinze itsinda rya Muzika yitwa Groupe Kassav ryo mu kirwa cya Guadeloupe yitabye Imana afita imyaka 65 y’amavuko. Abakurikiranye umuziki mu myaka ya 1980 kuzamura, bamuzi mu ndiri...
Muri rusange abantu bakuru bose banganya inyamwakura nyabwonko( neurons). Bivugwa ko iyi myakura igera kuri miliyari 100. Umwihariko wayo ku banyamuzika ni uko bo iba ikorana cyane ugereranyije n’uko ...

