David Bayingana, umwe mu banyamakuru ba siporo ubirambyemo kurusha abandi, avuga ko ibyo uwitwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta aherutse kumushinjira mu rukiko by’uko yifitemo ivang...
Taliki 30, Ukuboza, 2022 , mu Rwanda ku nshuro ya mbere hazabera igitaramo cya mbere kizahuriza hamwe Abanyarwanda( cyane cyane ab’i Kigali) ndetse na bagenzi babo baba hanze. Ni igitaramo kizab...
Hari imvugo y’uko ‘uko inkende yurira hejuru ariko nako yerekana ubwambure bwayo’. Ucishirije wumva ko abayivuze bavugaga ko uko umuntu azamuka mu ntera, akamenyekana, akagira amafaranga ari nako ahu...


