Umuhanzi Jean Marie Muyango avuga ko agiye kumurika alubumu ya kane yise Imbanzamumyambi iriho n’indirimbo avuga ko yahimbiye Perezida Paul Kagame. Azayimurika kuri iki Cyumweru taliki 24, Ukuboza 20...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Werurwe, 2022, umwe mu bahanzi b’injyana gakondo wamamaye witwa Muyango arataramira Abanyarwanda bakunda indirimbo gakondo. Ni igitaramo Ikigo Green Hills cyatumiyemo Muy...

