Nyuma yo kubitswa amafaranga n’abaturage agakoramo akagira ayo yiguriza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi kugira ng...
Abo ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Runege witwa Munyaneza Calypophore, Gitifu w’Akagari ka Rugano witwa Nteziryayo Fréderick ndetse na mugenzi we w’Akagari ka Gatovu witwa Twizerimana ...
Uvugwa muri iyi nkuru ni uwari usnazwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rurangazi, Umurenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza wavugwaga kurya amafaranga abaturage bamuhaye nka mutuelle. Y...
Nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda hari amavuriro yegerejwe abaturage bita postes de santé angana 9% adakora na gake cyangwa se akora nabi. Ibi bigira ingaruka kuri serivisi...
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje uko uturere tw’u Rwanda twatabiriye gutanga ubwisungane mu buzima, Mutuelle de Santé. Nyagatare niyo ya nyuma mu kubutanga(81.4%), ikaba yarasimbu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwabagiye ikimasa abaturage bo mu Murenge wa Mpanga mu rwego rwo kubashimira ko bari imbere mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, Mutuelle de Santé. Abo mu Murenge wa Maha...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Charles Murwanashyaka ukekwaho kwica umugore we witwa Vestine Yankurije wari uje kumusaba amafaranga yo kwishyura ubwisungane mu buzim...






