Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...
Mu Karere ka Bugesera haravugwa abana b’abakobwa bafite hagati y’imyaka 12 na 16 bakora uburaya. Umuyobozi w’aka Karere Richard Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko atari azi iki kibazo, ko kigiye guhag...
Mu basomyi ba Taarifa hari umugore cyangwa umugabo ufite inshuti cyangwa uwo bashakanye ugiye kumara amezi atandatu afunzwe ‘by’agateganyo.’ Impaka mu banyamategeko ku mpamvu zitera ubucucike bukabije...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi b...
Maitre Joseph Twagirayezu ukora nk’umunyamategeko wa Apôtre Mutabazi avuga ko uburyo umukiliya we aherutse gusohorwa mu nzu bukurikije amategeko. Avuga ko ibyo abantu basanze mu nzu Mutabazi avugwaho...
Kuri uyu wa Mbere Taliki 26 Nzeri, 2022 nibwo Mukeshimana Célestin yahawe inzu ye yari yarimwe na Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice wari warayifunze, ntiyishyure n’amafaranga y’ubukode. Uyu Mutabazi ya...
Ishyaka Green Party rya Frank Habineza riravugwamo amacakubiri ashingiye k’ukuba hari abagize Komite nyobozi bavugwaho gushaka kuricamo ibice bakariremeramo irindi shyaka. Habineza ariko yabwiye...
Umubyeyi w’abana batatu wagizwe umupfakazi n’abantu batemye umugabo we agiye kurangura inka bikamuviramo urupfu yifuza ko abakurikiranyweho iki cyaha bazaburanishirizwa mu gace atuyemo kugira ngo we ...
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwanzuye ko iburanishwa ry’urubanza Béatrice Munyenyezi aregwamo ibyaha bya Jenoside risubikwa kubera ko abanyamategeko bamwunganira batabonetse. Ni inshuro ya kabiri risub...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...









