Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Ni ikibazo benshi mu bantu bakomeye b’i Washington bibaza. Mu mezi menshi yakurikiye irahira rya Donald Trump, nta mbwirwaruhame yavugaga atamukomojeho cyangwa ngo abe ari mu biganiro yagiranaga n’ita...
Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika. Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo ...
Ikigo cy’umuherwe Elon Musk gikora imodoka zifite ikoranabuhanga rituma zitwara kitwa Tesla cyazishyizemo irindi koranabuhanga bita ASS( Actually Smart Summon) rizajya rituma nyirayo ayibwira ikamusan...
Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi ...
Umuherwe Elon Musk arasaba abamukurikira ku rubuga rwe X kumuha igitekerezo cy’ikindi kigo yagura. Kuri uru rubuga yahashyizeho ifoto ye yicaye mu madolari($) angana na Miliyari 42, akavuga ko a...
Umukire wa Kabiri ku isi witwa Elon Musk yatangaje ko agye guha murandasi abo muri Palestine kandi ibi Israel ntibishaka kubera kwanga ko byaya urwaho abarwanyi ba Hamas bagashobora guhanahana amakuru...
Elon Musk yaraye atangaje ku mugaragaro ko inyoni yarangaga urubuga nkoranyambaga rwe, Twitter, yahindutse ubu yagizwe inyuguti ya X. Ubutumwa umuntu azajya yandika abucishije kuri uru rubuga bugombwa...
Nyuma yo gutangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga bamwe bise Twitter Killer( Ikizahitana Twitter) umuyobozi w’ikigo Meta witwa Mark Zuckerberg yakoze Tweet ya mbere mu myaka 10 ishize. Bamwe bavu...









