Mu gihe abaturage ba Uganda muri rusange bataribagirwa amasasu yishe abaturage bamaganaga itorwa rya Perezida Museveni riheruka, ubu i Kampala hari undi mugambi uri gutunganywa w’uko Itegeko nshinga ...
Ibiro bya Perezida w’u Burundi byatangaje ko Umukuru wa kiriya gihugu yakiriye Intumwa ya Perezida wa Uganda yitwa Vincent Frerrio Bamulangaki yari imuzaniye ubutumwa bwe[Museveni]. Ku rukuta rwa Twi...
Ubuvugizi bw’ingabo za Uganda buherutse gutangaza ko ubwo zageraga mu birindiro bikuru by’abarwanyi ba ADF biri ahitwa Kambi Ya Yua, zasanze bariya barwanyi barazinze utwabo bahasiga imineke, intebe z...
Birashoboka ko General Kayanja Muhanga uyoboye ingabo za Uganda zagiye kwirukana abarwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azaza mu bantu bazavugwa kenshi mu itangazamakuru ryo muri ak...
Nyuma y’uko hari abakozi batatu bo mu Biro Bya Perezida Museveni bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa COVID-19 ubwo bari bavuye i Dubai, Abu Dhabi na Addis Ababa, Umuganga we bwite yavuze ko nawe agomba k...
Mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala, hari abacuruzi basanze batakomeza gufunga amaduka yabo ngo baririnda COVID, barayafungura kandi amabwiriza y’uyu mujyi atabyemera. Amabwiriza yo kwirinda ikwirakwir...
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza rya gisirikare ry’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Congo-Kinshasa zahuriye i Bujumbura ziganira ku ngingo zirimo uko zafatanya ngo hagaruke umutekano ura...
Lieutenant General Wilson Mbasu Mbadi yagizwe Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda. Ni icyemezo cyafashwe na Perezida Yoweli Museveni, akaba ari n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda, UPDF. Gen Willson...
Ubwo yarahiriraga kongera kuyobora Uganda, abantu batekereje ko Perezida Museveni yaba agiye kuzibukira ibikorwa byo gutera inkunga abavuga ko bashaka guhirika Leta y’u Rwanda, ariko si ko biri. Ikiz...
Ayo masezerano ni amasezerano y’ubucuruzi buhuza ibihugu by’Afurika yiswe Intercontinental Free Trade Area( AfCTA). Ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yari mu Burundi, hakazamuka igitekerezo cy’ubuc...









