Inteko ishinga amategeko ya Uganda irashaka gutora itegeko rihana mu buryo budasubirwaho abatinganyi kubera ko ngo ubutinganyi bwugarije umuryango mugari w’abaturage b’iki gihugu. Muri Uganda ha...
Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986. Ku ruku...
John Mwesigwa Robin Nagenda yari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni yapfuye. Yavukiye mu Rwanda taliki 25, Mata, 1938. Yari umunyamakuru w’umwuga kandi watangiye kwandika kera kuko icyo gihe hari ...
Inama yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yaraye ibereye i Bujumbura, yamaze amasaha arenga ane. Perezida Museveni wa Uganda na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basohot...
Minisitiri w’umutekano wa Uganda witwa Gen Jim Muhwezi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Minisiteri ayoboye yatanze umushinga w’ingengo y’imari ingana na Miliyari Shs 21.9 yo kugura imodoka nshya zi...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana n’Afurika kuri uy...
Abaganga bahagarariye abandi bapfukamye imbere ya Perezida wa Uganda bamusaba ko yabababarira akaziyamamariza manda ya karindwi. Ni bamwe mu bagize Inama y’igihugu ry’abaganga ba Uganda yitwa Uganda M...
Hashize igihe gito Gen Muhoozi Kainerugaba ageze mu Rwanda. Yaje aherukejwe na Andrew Mwenda nk’uko umunyamakuru uri mu bakomeye muri Uganda witwa Canaru Mugume ukorera NBS yabishyize kuri Twitter . U...
Kuri Twitter Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yanditse ko yisegura ku baturage ba Kenya n’abandi batuye Afurika y’i Burasirazuba kubera ubutumwa umuhungu Gen Muhoozi Kainerugaba amaze iminsi acisha ...
Leta ya Uganda yateguye umuhango ukomeye ku rwego rw’igihugu wo gusezera kuri Jenerali Elly Tumwiine uherutse gutabaruka azize cancer y’ibihaha. Tumwiine yaguye mu bitaro by’I Nairobi aho yari amaze i...









