Itangazo rya Banki y’Isi ryasohotse kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Kanama, 2023 rivuga ko nta wundi mushinga w’iterambere rya Uganda bazatera inkunga kubera ko badashaka ko hari bamwe mu baturage ba ki...
Filip Nyusi uyobora Mozambique yasuye u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki 29, Nyakanga, 2023. Yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame. Perezida Kagame yatembereje Nyusi mu rwuri rw’Inyambo ze amugabiramo...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni ari hafi kujya mu Burusiya guhurana na mugenzi we Vladimir Putin ngo baganire ku ngingo zirimo umutekano no gucukura petelori na gazi. Asuye Uburusiya nyuma gato y’u...
Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe n’u...
Perezida wa Senegal Macky Sall wari uri mu Rwanda kuri uyu wa Mbere yitabiriye inama mpuzamahanga yahuje abagore bahagarariye abandi, yahise akomereza muri Uganda. Amafoto yatangajwe na NBS yamwerekan...
Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ug...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bak...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Gic...
Perezida Museveni yasabye ubutegetsi bwa Kenya gufata kandi bukoherereza ubwa Uganda abantu bavugwa mu bushimusi, ubusahuzi n’ubwicanyi bwakozwe n’abo bita aba Turkana babukorera abanya Uganda. Museve...
Ubutegetsi bw’i Kampala buvuga ko bufite umugambi wo gukorana na DRC mu gucukura no gutunganya ibikomoka kuri Petelori na Gazi biboneka mu bihugu byombi. Minisitiri ushinzwe ingufu muri Uganda witwa R...









