Abasore n’inkumi bo muri Uganda batangiye kwigaragambya bavuga ko badashaka ko ruswa yogera mu gihugu. Bikozwe nyuma y’umuburo Perezida Museveni yari aherutse gutanga wo kwirinda guhungabanya umudende...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yaraye ashimiye mugenzi we Paul Kagame uherutse kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’amatora mu Rwanda iherutse gutangaza ko Paul Kagame yatorewe k...
Uwo ni Brig Gen. Charity Bainababo wasimbujwe Brig Gen Asaph Nyakikuru Mweteise. Umutwe w’ingabo zidasanzwe muri Uganda niwo ufite inshingano zo kurinda Perezida w’iki gihugu Yoweri Kaguta Museveni. U...
Mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 15, Mata, 2024 Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa azasura Uganda. Byatangajwe n’Ibiro bya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda ku ...
Mu itangazo ryaraye risohowe n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu wa Uganda rigatangazwa mu kinyamakurU cya Leta kitwa UBC harimo ko Gen Muhoozi Kainerugaba( ni umuhungu wa Perezida Museveni) ari mugaba mukur...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyacyubahiro bari muri Uganda mu Nama mpuzamahanga y’ibihugu bivuga ko bidafite aho bibogamiye ko iyo abantu bunze ubumwe bagera kuri by...
Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi irindwi yari amaze ayirwaye. Yabitangarije ku rukuta rwe rwa X. Museveni yanditse ati: “ Ba...
Nyuma yo kwemererwa kuba umunyamuryango w’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, ubuyobozi bwa Somalia bwasinye amasezerano yo kuwinjiramo mu buryo butaziguye. Ayo masezerano bayita Treaty of Accession....
Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi,WHO, ivuga ko Uganda ari cyo gihugu gifite abaturage banywa inzoga nyinshi kurusha ahandi muri Afurika. Iyi mibare ivuga ko buri mut...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...









