Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis ateregejwe i Lisbonne muri Portugal aho ari buhure n’urubyiruko rwaje kumwakira ku munsi mpuzamahanga warugenewe. Ku rutonde rw’ibimujyanye hariho gushishik...
Musenyeri Laurent Mbanda uyobora Itorero Angilikani mu Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wo gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana GAFCON avuga ko gushyigikira abaryamana bah...
Kiliziya Gatolika yatangaje ko yabuze Musenyeri (ni izina ry’icyubahiro) Nayigiziki Nicodème wari umaze gihe mu kiruhuko cy’izabukuru. Yapfuye afite imyaka 94. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uy...
Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo. Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe ic...
Abayobozi bakuru muri Kiliziya gatulika bayobowe na Cardinal Antoine Kambanda bagiye kwakira Papa Francis uri mu ruzinduko i Kinshasa. Abandi bajyanye na Cardinal Kambanda ni Mgr Vincent Harolimana, M...
Ubuyobozi bwa Vatican bwasabye Kiliziya gatulika mu Bwongereza gutangiza iperereza ryimbitse ikazabuha raporo ku bivugwa kuri Musenyeri Robert Byrne by’uko yigeze kwemerera Abakirisitu gusambanira mu ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye asabye Kiliziya gatulika n’andi madini muri rusange gukomeza gukorana na Guverinoma kugira ngo ikivuyemo kibe ingirakamaro ku Banyarwanda muri rusange b...
Ubwo yaturaga igitambo cya Misa ku munsi wo kuzirikana isubira mu ijuru rya Bikira Mariya, Musenyeri Célestin Hakizimana akaba ari umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Gikongoro yabwiye abari bamuteze a...
Buri Taliki 15, Kanama, buri mwaka Abakirisitu cyane cyane abo muri Kiliziya Gatulika bazirikana ko ari bwo Bikira Mariya yajyanywe mu ijuru. Umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’umuco witwa Mutangana B...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Fransisiko yatangaje ko agize Mgr Papias Musengamana, wari usanzwe ari umuyobozi wa Seminari Nkuru ya Nyakibanda, Umwepisikopi wa Diyosezi ya Byumba. Mgr Musengam...









