Murindababisha Edouard wigeze kugaragara mu mashusho asa nk’aho ari gusambana, yavuze ko ibyo yakorewe ari akagambane. N’ikimenyimenyi ni uko urukiko rwasanze ariya mashusho atari ukuri, ruramur...
Mu Karere ka Musanze Mu Murenge wa Muko haravugwa urupfu rw’uwitwa Niyongabo w’imyaka 19 y’amavuko wakubiswe n’abantu bavuga ko bamusanze yiba intoryi bikamuviramo urupfu. Uyu mwana wari ukuba ingimbi...
Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Ninganza Dieudonné bivugwa ko yari impunzi y’Umurundi y’i Mahama, yapfiriye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Bivugwa ko yari yasinze aza gushyamiran...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Moussa Faki usanzwe ari Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe. Ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama mpuzamahanga ku by’umutekano iri kubera...
Mu Kagari ka Bisate, Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze haravugwa umugore w’imyaka 22 y’amavuko wanyweye umuti wica udukoko bita Tiyoda ngo umwice( ku muntu ni uburozi bukomeye), abantu baramurut...
Mu Karere ka Musanze hari idosiye bamwe mu batuye Umurenge wa Musanze bavuga ko irimo amayobora. Ni iy’umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Umuhire Ange Cécile aherutse gupfa mu buryo bateye urujij...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze. Itangazo ryasohowe n’Ib...
Abahanga mu binyabuzima, ubuhinzi no gukora politiki bari i Musanze mu nama izamara iminsi itanu igamije kwigira hamwe uko ibinyabuzima byabana n’abantu mu bwisanzure busangiwe. Abahanga bari muri iyi...
Impanuka yaraye ibereye i Rubavu yatumye Polisi ifata icyemezo cy’uko umuhanda Rubavu, Musanze ugana i Kigali uba ufunzwe. Byakozwe mu rwego rwo kugira ngo ikamyo yafunze uyu muhanda ibanze iwukurwemo...
Ubufatanye bwa Polisi n’inzego z’ibanze i Musanze hafatiwe umusore wari ufite telefoni esheshatu bivugwa ko yari yibye mu Rwanda ngo ajye kuzigurisha muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni telefon...









