Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango mpuzamahanga wamagana akarengane na ruswa, ishami ry’u Rwanda, Appolinaire Mupiganyi avuga ko ibiherutse gukorwa mu Ntara y’Amajyaruguru byo kwirukana ...
Ramuli Janvier uherutse gukurwa mu nshingano zo kuyobora Akrere ka Musanze azira kudasigasira ubumwe b’Abanyarwanda yahererekanyije ububasha na Hamiss Bizimana umusimbuye. Guverineri w’Intara y...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikura mu nshingano abayobozi b’Uturure dutatu two mu Ntara y’Amajyaruguru. Abo ni Ramuli Janvier w’Akarere ka Musanze, Nizeyimana Jean Marie Vianney w...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi. Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko....
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari bikwiy...
Umugabo witwa Emmanuel Maniragaba wo mu Murenge wa Cyuve aherutse kugira ibyago inzu ye irashya. Avuga ko abaje kumutabara batakoze icyo gikorwa cyiza gusa ahubwo ngo basize bamwibye Frw 730,000. Yabw...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kaguhu mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze witwa Ishimwe Aimé yabwiye itangazamakuru ko hari umwana w’imyaka 11 wimanitse mu mugozi arapfa. Ngo uwo mwa...
Ahitwa Kabaya muri Musanze haravugwa inzoga ikomeye bise Makuruca cyangwa Rukera umuntu anywa agasa n’uwasaze. Yengwa n’umugabo bahimbye Sultan Makenga ariko ubusanzwe yitwa Gasore Sylvestre. Abahatuy...
Ubwo yagezaga ijambo ku bapolisi 123 bari bamaze amezi atandatu bahugurwa mu byo gukora iperereza, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yabanyuriye muri make ibikubiye mu itegek...
Imirimo yo kubaka ibiraro byangijwe n’amazi ava mu birunga igeze ku kigero kiri hejuru ya 90%. Ibi biraro biri mu Mirenge ya Nkotsi na Shingiro mu Karere ka Musanze. Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bu...









